Posts

Showing posts from September, 2023

UMUKOBWA WANJYE ARASHAKA GUTANDUKANA N’UMUGABO WE GUSA KUKO YAMUKUBISE; NKORE IKI KO BIMBANGAMIYE

  Umwiza Gigalinne Nizere ko iki atari ikibazo nyacyo   ariko reka nkubarire inkuru nyayo y’ ibyambayeho . Ndi umugore   w’imyaka 23, nasize umugabo wanjye kuko yankubise inshuro ebyiri. Nahise mfata   umukobwa wanjye turagenda. Kuva icyo gihe nahise ngirana ikibazo n’itorero ryanjye nasengeragamo riranyanga kubera ko nahukanye. Ndetse n’umuryango nkomokamo wanze ku nshigikira mu mahitami nari nakoze, anyumvisha ko ndi isoni muri bo; byabaye ngomba ko nsubira ku mugabo kubera ko ntabufasha nkeneye nari nkibona.  Uwonkunda Leoncie Inkuru yanjye bwite nta nubwo harashira amezi 6 bibaye,  abapolisi baje bakurikiye amasasu nari ndashe ubwo narasaga nkoresheje imbunda yo mu bwako ba pisto y’umugabo wanjye kugira ngo badutabarwe. Byatangiye ubwo yakubitaga urushyi umwana muto, ubwo nazaga kumubuza gukubita umwana nanjye yarankubise amerera nabi nibwo narasaga kugira ngo polise ize idutabare. byarangiye nisanze muri ambulance ndi mucyuma gitanga umwuka. Yari yanyangije yankuye amenyo menshi

Mbese ni byiza ko inkumi y’imyaka 13 irara ntacyo yambaye

     UMWIZA CONSOLLE                                                                                                                                     Nibyiza rwose. Ubusanzwe naryamanaga umupira gusa muri iyo myaka, ariko nari na maze guhagarika kwambara imyenda y'imbere mugihe nabaga ngiye kuryama.   Nambaraga umupira gusa kugirango mama atamenya ko ndyamye nambaye ubusa. Natangiye kuryama nambaye ubusa maze kugira hafi nka 15. Urakuze bihagije kugirango uhitemo uburyo uryamamo. Wowe usomye iyi nkuru byifashe gute

INGESO 6 ZISHOBORA GUTUMA INSHUTI ZIGUCIKAHO

Image
Ibi bintu 6 bikurikira bishobora gutuma  abantu batakwiyumvamo.   1 Isuku nke:                                                                                                                                                Kwirengagiza isuku y’umuntu, nko kutiyuhagira buri gihe cyangwa koza amenyo, birashobora kubangamira abandI bantu murikumwe, bigatuma baguhunga. 2 Kutemera amakosa: Guharira igihe cyose iteka ugahora wumva ko uri mukuri n’ubwo waba wakosheje bibangamira abandi bikagera aho bagufata nka nayubu; bigateza umwuka mubi kuko biba bidashimishije abandi. Ni ngombwa kwibanda ku byiza no gukomeza imyifatire myiza. Waba wakosheje ukemera amakaso ndetse byaba byiza ukaba wasaba n’imbabazi kuko m’ubuziba abantu barakosa 3 Kutihesha agaciro Kutihesha agaciro mu bandi ngo wiyubahe bituma n’abandi batabigukore bigatera abantu ku guhunga cyangwa ntibaguhe agaciro kubera ko ibyo ukora bitabashimishije.   4 Guhagarabika abandi Kuvuga abandi bantu nabi ukabavugaho ibinyoma iy