INGESO 6 ZISHOBORA GUTUMA INSHUTI ZIGUCIKAHO
Ibi bintu 6 bikurikira bishobora gutuma abantu batakwiyumvamo.
2 Kutemera amakosa:
Guharira igihe cyose iteka ugahora wumva ko uri mukuri n’ubwo waba wakosheje bibangamira abandi bikagera aho bagufata nka nayubu; bigateza umwuka mubi kuko biba bidashimishije abandi. Ni ngombwa kwibanda ku byiza no gukomeza imyifatire myiza. Waba wakosheje ukemera amakaso ndetse byaba byiza ukaba wasaba n’imbabazi kuko m’ubuziba abantu barakosa
3 Kutihesha agaciro
Kutihesha agaciro mu
bandi ngo wiyubahe bituma n’abandi batabigukore bigatera abantu ku guhunga
cyangwa ntibaguhe agaciro kubera ko ibyo ukora bitabashimishije.
Kuvuga abandi bantu nabi
ukabavugaho ibinyoma iyo babimenye bagucikaho bakaguhunga, sibyiza nabusa kuvuga undi muntu nabi
umubeshyeye kabone niyo byaba ari ukuri.
5 Kwikunda
Guhora uvuga ibyawe
kandi ntugaragaze ko ushishikajwe n’abandi ugahora wirebaho ukumva ko iyo ibyawe byakunze
biba bihagije bishobora gutuma abantu bagucikaho.
Mubuzima abantu bahora
bashaka gutera imbere, ariko iyo uri umntu uhora mukazi ntusabane n’abandi ngo
wigurire umwenda, urukweto ugahora mu kenda kamwe cyangwa agakweto utabuze
ubushobozi bituma abantu batakwiyumvamo bakakwibazaho bati mbese uriya
byamugendakeye bite? Ukagaragara nk’uwacanganyikiwe imbere yabo
Comments
Post a Comment