Posts

UMUKOBWA WANJYE ARASHAKA GUTANDUKANA N’UMUGABO WE GUSA KUKO YAMUKUBISE; NKORE IKI KO BIMBANGAMIYE

  Umwiza Gigalinne Nizere ko iki atari ikibazo nyacyo   ariko reka nkubarire inkuru nyayo y’ ibyambayeho . Ndi umugore   w’imyaka 23, nasize umugabo wanjye kuko yankubise inshuro ebyiri. Nahise mfata   umukobwa wanjye turagenda. Kuva icyo gihe nahise ngirana ikibazo n’itorero ryanjye nasengeragamo riranyanga kubera ko nahukanye. Ndetse n’umuryango nkomokamo wanze ku nshigikira mu mahitami nari nakoze, anyumvisha ko ndi isoni muri bo; byabaye ngomba ko nsubira ku mugabo kubera ko ntabufasha nkeneye nari nkibona.  Uwonkunda Leoncie Inkuru yanjye bwite nta nubwo harashira amezi 6 bibaye,  abapolisi baje bakurikiye amasasu nari ndashe ubwo narasaga nkoresheje imbunda yo mu bwako ba pisto y’umugabo wanjye kugira ngo badutabarwe. Byatangiye ubwo yakubitaga urushyi umwana muto, ubwo nazaga kumubuza gukubita umwana nanjye yarankubise amerera nabi nibwo narasaga kugira ngo polise ize idutabare. byarangiye nisanze muri ambulance ndi mucyuma gitanga umwuka. Yari yanyangije yankuye amenyo menshi

Mbese ni byiza ko inkumi y’imyaka 13 irara ntacyo yambaye

     UMWIZA CONSOLLE                                                                                                                                     Nibyiza rwose. Ubusanzwe naryamanaga umupira gusa muri iyo myaka, ariko nari na maze guhagarika kwambara imyenda y'imbere mugihe nabaga ngiye kuryama.   Nambaraga umupira gusa kugirango mama atamenya ko ndyamye nambaye ubusa. Natangiye kuryama nambaye ubusa maze kugira hafi nka 15. Urakuze bihagije kugirango uhitemo uburyo uryamamo. Wowe usomye iyi nkuru byifashe gute

INGESO 6 ZISHOBORA GUTUMA INSHUTI ZIGUCIKAHO

Image
Ibi bintu 6 bikurikira bishobora gutuma  abantu batakwiyumvamo.   1 Isuku nke:                                                                                                                                                Kwirengagiza isuku y’umuntu, nko kutiyuhagira buri gihe cyangwa koza amenyo, birashobora kubangamira abandI bantu murikumwe, bigatuma baguhunga. 2 Kutemera amakosa: Guharira igihe cyose iteka ugahora wumva ko uri mukuri n’ubwo waba wakosheje bibangamira abandi bikagera aho bagufata nka nayubu; bigateza umwuka mubi kuko biba bidashimishije abandi. Ni ngombwa kwibanda ku byiza no gukomeza imyifatire myiza. Waba wakosheje ukemera amakaso ndetse byaba byiza ukaba wasaba n’imbabazi kuko m’ubuziba abantu barakosa 3 Kutihesha agaciro Kutihesha agaciro mu bandi ngo wiyubahe bituma n’abandi batabigukore bigatera abantu ku guhunga cyangwa ntibaguhe agaciro kubera ko ibyo ukora bitabashimishije.   4 Guhagarabika abandi Kuvuga abandi bantu nabi ukabavugaho ibinyoma iy
  Inkuru nziza y’urukundo y’umukobwa witwa Sy igice cya kabiri Yajyaga kwiyicarira m’ubusitani bukikije inzu yabo ubwo yabaga akitse imirimo, akumva akayaga gahehereye ari nako yumva idabo zimuhumurira neza,yicaye yerekeye mu misozi Long yarwaniragamo itamimirije ibimera by’amamabara meza atekereza umugabo we. Gusa uwo umunezero wa Sy wabaye muto kuko ahagana mu myaka ya za 1950 ubwo abafaransa barwanaga na Vietnam kugirango bakomeze kubakoloniza. K’umwaka wa kabiri bashyingiranywe, nibwo bamenye amakuru ko Long yaburiwe irengero mu ntambara. Ayo makuru yaramuhungabanyije cyane. Yahise ajya mu cyunamo kuva uwo munsi amara umwaka wose yigunze wenyine, ararira, arinako ahamagara umugabo we. Byasabye imbaraga nyinshi ubutwari bwinshi kugirango yongere gusubira mu buzima busanzwe.  Sy yari akiri umwana igihe umugabo we yitabaga Imana. Yari afite hafi imyaka 20. Amaze kugira igihagararo cyiza kandi mwiza pe, asigara ari umupfakazi. Atangira gutera ubwoba abandi bagore kuko  abagabo batangiy

INKURU Z'URUKUNDO WAZISANGA HANO

Image
Inkuru nziza y’urukundo y’umukobwa witwa Sy igice cya mbere                             1 Sy yari afite imyaka 17 ubwo yashyingirwaga na Long, umusore mwiza, yari umusirikare mu ngabo z’Abafaransa mu ntara ya Samneua muri Laos. Kubera imyaka ye, yari asanzwe afatwa nk’umukobwa ushaje. Mubisanzwe, muricyo gihe, abakobwa beza   bo kurongora bari hagati y’imyaka 13 na 15. Ariko Sy yagize amahirwe, we yari yarayirengeje.Yaje kubona   umugabo umukunda by'ukuri. Yari abayeho mu munyenga w’urukundo. Kimwe n'umugore wese ukunzwe n’umugabo, Sy yahoraga yishimye mu nzu itari nini ya sebukwe, ikikijwe n'ubusitani bwiza. buri gitondo, yitaga ku matungo,   bari boroye ingurube n'inkoko mbere yo kujya mu murima akabanza akazigaburira. Yarangiza agasanga nyirabukwe mu murima kumufasha guhinga. Igihe cyose nuko byagendaga, bataha nimugoroba, akenshi yajyaga gusoroma imboga zo guteka ibya nimugoroba. Aho yabaga yicaye hose yatekerezaga umugabo we, ya ryama akamurota kubera kum

Inkuru z'urukundo nziza cyane wazisanga hano

Image
  UBURYO IKOFI YIKOREYE INKURU NZIZA Y’URUKUNDO      Mugihe cya nimugoroba mu kabwibwi ndimo kwitahira, amaso yanjye abona ikintu imbere yanjye, nkomeje   kwitegereza mbona ni ikofi igaramye   mu muhanda. Maze ndayitoragura        ndayifungura ndebamo imbere kugirango ndebe niba hari indangamuntu yaba irimo maze nkabasha kubona aderese za nyirayo nkaba namushakisha. Maze Nsangamo amafaranga make  hamwe n'ibaruwa isa nkaho yari ibitswemo imyaka myinshi.   Ibahasha irimo ibaruwa, yari ishaje byo kwibazwaho cyane; Gusa hari hanariho inyandiko yasaga neza iriho aderese y'umuhanda yaho uwohererejwe ibaruwa yari atuye. Nahise mfungura nya baruwa kugira ngo ngerageze uko nabona amakuru ahagije y’uko nafasha nyirayo. icyantunguye nkimara kuyifungura ni itariki ibaruwa yandikiwe, yari yaranditswe mu mwaka 1957 mu kwezi kwa nzeri. Ibaruwa yanditswe hashize imyaka irenga 45.Inyandiko nziza umukono w'umugore yatunganijwe neza kurupapuro rwubururu, hamwe nururabyo rwiza rutukura ahagana
Image
pub-6321537653470959   IBINTU 7 WAMENYA KURI KANSERI Y’INKONDO Y’UMURA 1. IMPAMVU?   Hafi ya 99% by'iyi ndwara, iyi kanseri iterwa n’agakoko kitwa human papilomavirus (HPV) mu ndindimi z’amahanga. inzira imwe rukumbi iyi virusi inyura ikanakwirakwizwa ni mu nzira y’imibonano mpuzabitsina , iyi nzira yorohera cyane aka gakoko ka HPV kwinjira mu mubiri w’umuntu. Umuganga w’abagore witwa Delphine Hudry, wo mu kigo cy’indwara ya kanseri ya Oscar-Lambret (Lille), agira ati: “Mu buryo butandukanye n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina, yo yandura ako kanya nubwo igitsina cy’umugabo kitaba kinjiye mu cy’umugore. (Mu ayandi magambo nubwo igitsina cy’umugabo ufite aka gakoko cya kora k’umunwa cyangwa k’umwinjiro w’igitsina cy’umugore)   Agakingirizo ntikarinda iyi virusi kubera ko ari nto cyane, ishobora kunyura mu twenge kwako. Ku kigereranya cya 80% by’abagabo n’abagore bazandura iyi virusi ya HPV byibuze rimwe mubuzima bwabo. Ku bagore benshi bafatwa n’iyi virusi ya